Posts

Reka amarozi n'inzaratsi, Ibi nibyo bintu byonyine byagufasha kubaka urukundo rwanyu

Image
Abantu benshi bibeshya ku bintu bitandukanye bashobora guha abakunzi babo kugira ngo babashimishe ndetse banubake urukundo nyarwo hagati yabo n’abakunzi babo aho usanga bamwe bishuka ko amafaranga menshi cyangwa imitungo aribyo bishobora kuryoshya urukundo rw’abakundana ariko mbakuriye inzira ku murima “urukundo ruruta byose kandi ahari urukundo byose biba bihari”. Aha buri wese yakwibaza mu by’ukuri ibintu ashobora gukorera cyangwa guha umukunzi we kugira ngo bubake urukundo nyarwo hagati yabo,ibi ni bimwe mu byagufasha mu rukundo rwawe n’uwo wihebeye: 1.Kuba hafi umukunzi wawe muri byose: Aha iyo tuvuze kuba hafi umukunzi wawe ntibishatse kuvuga kwirirwa umwicaye iruhande uretse ko mwanabonye ako kanya bitababuza,ahubwo hari ibintu byinshi ushobora kumukorere bikamwereka ko muri kumwe nko kumwoherereza ubutumwa bugufi kuri telefoni,igihe ahuye n’ikimubabaza cyangwa n’ikindi kibazo ukamwereka ko bikubabaje cyane kandi ko ugiye kumufasha gushaka igisubizo cyabyo,kumenya uko yaramutse,...

Dore uburyo bworoshye wamenyamo ingano y'igitsina Cy'umugabo utiriwe umwambura ubusa

Image
Ubushakashatsi bwakorewe muri Koreya y’ Epfo bwagaragaje ko kugira ngo umenye uburebure bw’igitsina cy’umugabo, ushobora kuburebera ku burebure bw’igikumwe cye n’ubwa mukubitarukoko. Nk’ uko ABC News, yabitangaje ngo aba bashakashatsi bagaragaje ko, ikinyuranyo kinini kiri hagati y’izo ntoki ebyiri kigaragaza uburebure bw’igitsina cy’umugabo cyafashe umurego, naho iyo igikumwe kenda kureshya na mukubitarukoko cyangwa bireshya, igitsina cy’uwo mugabo aba ari gito biringaniye. Ubu bushakashatsi bwakorewe ku bagabo b’Abanyakoreya bagera ku 144, aho babashyize mu bitaro babatera ikinya kugira ngo babone uko bapima uburebure bw’ibitsina byabo mu gihe gisanzwe, n’uburebure bwabyo mu gihe byafashe umurego. Abakoze ubu bushakashatsi bavuze ko mu gihe igikumwe cy’umugabo ari kigufi cyane ugereranije na mukibitarukoko, igitsina cye aba ari kinini, ibyo bikaba bigaragara ku bitsina by’abagabo bakuze(basheshe akanguhe) nk’uko bitangazwa na Dogiteri Tae Beom Kim wo muri Kaminuza ya Gachon. Nkuko tw...

Iki nicyo cyonyine cyakugaragariza umugabo uzi kurongora by'intangarugero

Image
Aha numara kubona ibi bimenyetso uraza kumenya niba uzi gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa umugabo wawe abizi,kuko ndabizi buri gihe wahoraga wicira urubanza cyangwa ukarucira umugabo wawe.Ubundi abenshi baryoherwa no kugira umukunzi,ariko bamara kurushinga bageze mu buriri gutera akabariro ngo umugore we aryoherwe bikamunanira.Hano hari bimwe mu bimenyetso 6 bazakubwira niba koko unjya uryohereza umugore wawe mu gihe muri gutera akabariro. 1.Arabyina: Niba mvuze ngo arabyina,ntiwumve ko mvuze ko abyinya injyana nka Country,Salsa,ballroom cyangwa Tango,Nshatse kuvuga ko umugabo iyo muri mu mibonano mpuzabitsina yiyegereza umugore we neza ubundi akamugwamo wese ku buryo mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina agerageza akazanjya yinyonga kuburyo umugore nawe yumva nkaho ari gukkora imibonano mpuzabitsina mu muziki. 2.Agasomyo ke akagenza buhoro: Niba umugabo agize atya agafungura umunwa we agiye gusoma umugore we,ururimi rwe agomba kurutosa ndetse akamusomana umutuzo adahubuka.Kan...

Dore impamvu itangaje iri kubuza abagore kunyara muri iyi minsi ! Ibanga ryatuma umunyaza uko yakigira kose

Image
Icyo bita kuzana amazi ku mugore cyangwa se kunyara mu gihe cy’imibonano, iri jambo risa nk’iryabaye virus ku bagabo iyo batera akabariro hamwe n’abo bashakanye. Buri mugabo wese aba aharanira kunyaza bitewe n'uburyo abizi Cyangwa yabyumvise. Umugabo uteye akabariro akarangiza umugore we atazanye aya mazi ikibazo kiba kivutse kuri bamwe, akenshi bamwe babifata nkaho umugore we atazi kumushimisha rimwe na rimwe akaba yamuca inyuma akajya gushaka abafite ayo mazi. Nk’uko bitangazwa n’urubuga topsante, ngo n’ubwo bwose ikosa ryitwa iry’umugore ko atazi gushimisha umugabo we, hari n’igihe biba biterwa n’umugabo uba utazi uko ayo mazi ashakwa, ubushakashatsi bukaba bugaragaza ko abagore benshi bagira ayo mazi, ahubwo ko ingano yayo iba itangana bitewe n’imiterere y’umubiri w’umuntu. Zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umugore atazana ayo mazi. 1.Kutamenya ko ayafite : Hari igihe umugore yibwira ko atazanye ayo mazi benshi bakunze kwita ko ari amavangingo kandi mu byukuri yayazanye, Kuba um...

Ese Urukundo Nyarwo Rubaho koko ? Warubwirwa n'iki ? Dore icyo BIBILIYA ibivugaho ntibakakubeshye

Image
Subiza ibi bibazo bikurikira: 1. Wowe wumva “urukundo” ari iki? ․․․․․ 2. Wasobanura ute “urukundo rw’agahararo”? ․․․․․ 3. Wumva bitandukaniye he? ․․․․․ BIRASHOBOKA ko gusubiza ibyo bibazo bitakugora. N’ubundi kandi, kubona itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo ntibigoye, iyo ubitekerejeho wihitira. Ariko iyo uhuye n’umukobwa cyangwa umuhungu mwiza cyane, ibyo byose bishobora guhinduka. Mu buryo utari witeze, uhita wumva umukunze cyane ku buryo ibindi byose bisigara nta cyo bivuze. Uba wumva umukunda byo gupfa. Koko se urwo ni urukundo nyarwo cyangwa ni agahararo gusa? Wabibwirwa n’iki se? Kugira ngo tubone igisubizo, reka tubanze dusuzume uburyo mu myaka mike ishize ushobora kuba warahinduye uko watekerezaga abo mudahuje igitsina. Urugero, ibaze ibibazo bikurikira: ● Igihe wari ufite imyaka itanu, watekerezaga iki ku bo mudahuje igitsina? ● Ese muri iki gihe ubatekerezaho iki? Ibisubizo utanze bishobora kuba bigaragaza ko igihe wari ugeze mu gihe cy’amaby...

Ese koko hari ibibazo biterwa no kurongora umugore utaraciye imyeyo ? Dore uburyo bworoshye bikorwamo

Image
Nk’uko tubikesha igitabo Imihango n’Imiziririzo cyanditswe na Musenyeri Aloys Bigirumwami, ndetse n’andi makuru twagiye tubona mu bushakashatsi bitandukanye, gukuna ni umwe mu mihango ihabwa agaciro gakomeye mu muco nyarwanda ndetse no bihugu bimwe bya Afurika. Mu Kinyarwanda kijimije bikaba byitwa “guca imyeyo” dore ko iyo ukurikiranye inkomoko yabyo usanga abakobwa bamaze kuba abangavu bakoraga iki gikorwa bagiye gushakisha imyeyo yo gukubura. Usibye kuba abakobwa barakunaga ngo bazafashe abagabo babo nabo ubwabo kwizihirwa mu gihe cy’ imibonano mpuzabitsina gakondo nyarwanda, ngo bwari n’uburyo bwo kwigwizaho umwambaro w’igitsina mu rwego rwo kurinda umwanda kuba wakwinjira mu igituba dore ko nta myenda y’imbere yabagaho. Wakwibaza uti ese gukuna ni iki ? Byakorwaga na nde kandi ryari ? Gukuna ni umuhango wakorwaga n’abana b’abakobwa bageze mu gihe cy’ubwangavu. Iki gikorwa cyo gukuna cyakorwaga mu buryo bwo kurushanwa aho abakobwa babaga bajyanye guca imyeyo bageraga ahiherey...

Ibimenyetso by'umuntu Ukunda imibonano mpuzabitsina cyane ku buryo bukabije, Iyo umusabye ahita aguha

Image
Ubushakashatsi bugaragaza ko ingeso yo gukunda igitsina ku rugero ruri hejuru imaze gufata intera ikabije,ibikorwa by’ubusambanyi ,byariyongereye,hirya no hino gutandukana by’abashakanye bitewe no guhemukirana bimaze gufata indi ntera ,ibikorwa byo kwikinisha ku bakiri bato nabyo byuariyongereye cyane. Indwara yo gukunda imibonano mpuzabitsina ku kigero kiri hejuru ,ishyirwa mu cyiciro cy’indwara zo mu mutwe ,ahanini ni indwara imunga intekerezo zawe ,ukabatwa no gukunda igitsina bikabije ku buryo bigera ku rwego rwo kuba wanabikorera ku karubanda cyangwa ukabikorera ahantu hagushyira mu byago nko mu kazi ,mu nsengero ,mu tubyiniro nahandi hose uboneye uwo mu bikorana. Abahanga mu bijyanye n’imitekerereze ya muntu bavuga ko bitangira umuntu yimakaza intekerezo zo kumva ko ibyishimo bye bishyingiye ku mibonano mpuzabitsina, izo ntekerezo mbi zikagenda zimunga ubushobozi bwe bwo gushyira mu gaciro . Ari nabyo bitera ko imisemburo ihuzwa no kubatwa ivuburwa ku bwinshi ,bityo umuntu a...

Musore ijisho ntirigushuke ! Reka irari, Dore ubwoko bw'abakobwa ugomba kwirinda utazarira nk'agahinja

Image
Ubundi mu rukundo hari ubwoko bugera kuri icyenda bw’abakobwa umusore agomba kugendera kure mu rukundo kuko abo bakobwa usanga badashobotse. nibeza.blogspot.com yaguteguriye urwo rutonde rw'abo kwirinda. 1.Akabya gukunda gusenga Uyu azi imirongo ya Bibiliya yose mu mutwe we, avuga Imana buri kanya, arakureba ikijisho niwibeshya ugakora mu biryo udasenze. Gusiba misa ni icyaha ntababarirwa, imvura yaba igwa muragenda. Mu nzu nta kindi amanikamo uretse amashusho y’abamalayika n’ibyerekaranye n’amasengesho. Niba uziko udasenga cyane nka we wikwimena umutwe umutereta. Muri rusange gukunda gusenga cyane kwe gutuma yumva adashishikariye cyane iby’urukundo. Kuri we urukundo ni inshingano kandi Cherie we ni Yesu/Yezu. Nimubana witegure guhinduka nka we cyangwa kwangirika kubera gukimbirana. 2.Ntahaga igitsina Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo wagira gute uzasanga nyuma ubushake bwe utabushobora. Yifuza ko muryamana inshuro 6 ku munsi. Gukunda igitsina bikabije bitya ni ingeso mbi cyane...

Wowe mugabo urangiza vuba dore AMAYERI ukwiye gukoresha ukajya urongora umwanya uhagije

Image
Abagabo benshi baterwa ipfunwe no kutabasha gushimisha abakunzi babo mu gikorwa cyo gukora urukundo ,bitewe noy kurangiza vuba. Muri iyi nkuru ya nibeza.blogspot.com turababwira technique ebyiri rwose abashakanye cyangwa abakundana bakoresha maze bagatinza igihe cyo gutera akabariro. Gukoresha agakingirizo nabyo kandi buriya birafasha. Iyo umuntu akoresha agakingirizo ntiyumva cyane umubiri w’uwo bari gukora imibonano mpuzabitsina bityo bigatuma arangiza atinze. Tekinike ya 1: Squeeze Technique Squeeze technique ni ugukanda ubugabo aho umutwe w’igitsina utereye. Ibi bikorwa iyo umugabo yumva agiye gusohora kandi bigakorwa amasegonda 30. Ibi bihagarika gusohora. Mushobora gusubiramo ibi inshuro zigera kuri 5 mbere yuko noneho mureka umugabo akarangiza. Tekinike ya 2: The Start and End Ubu ni uburyo bworoshye kandi bumenyerewe. Umugabo cyangwa se umugore ahagarika imibonano mpuzabitsina igihe yumva yari agiye gusohora (ariko atarasohora) amasegonda 30-60. Iyo yumvise gusohora bitakibaye...

Wari uziko urebesheje ijisho hari ibimenyetso byakwereka umukobwa uryoshya imibonano mpuzabitsina ? Ntucikwe

Image
Abantu benshi bagenda bibaza niba hari uburyo wamenyera ko umukobwa cyangwa umugore baryoshya imibonano mpuzabitsina mutari mwaryamana, gusa Nkuko abantu twese tudahuje imico ndetse n’imitere y’umubiri ninako burya n’imyitwarire yacu mu gihe cyo kubaka urugo (gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye) iba itandukanye. Iyo abashakanye buzuzanya mu gihe cyo gutera akabariro usanga urwo rugo ruhora rutuje mbese nta makimbirane aturuka mu byabereye ahiherereye arangwa muri urwo rugo, n’iyo mpamvu rero uyu munsi kuri Nibeza.blogspot.com tugiye kwibanda cyane ku bimenyetso bishobora kukwereka umukobwa wagufasha kugira icyo wimarira mu gihe mwaba mu rushinze , ari n’abyo umukobwa wese agomba kugerageza kwitaho kugirango azabashe gushimisha umukunzi we mu gihe azaba yafashe umwanzuro wo kubana n’uwo adashaka gutakaza mu gihe cye asigaje ku isi. Mu muco wacu wa kinyarwanda ubundi uvuga ko iyo umukobwa yagize amahirwe yo kubana na Nyirasenge akamuha impanuro z’uko bita ku mugabo uwo mukobwa ab...