Ntibakakubeshye Ibi nibyo byonyine bigaragaza umugore unyara cyane akanaryoshya imibonano mpuzabitsina
Akenshi uzasanga nk’iyo umukobwa cyangwa umugore atambutse ahantu hateraniye igitsinagabo, usanga bamwitegereza cyane ari nako ibitekerezo bibabana byinshi bitewe n’imiterere ye.
Amavangingo ni ikintu abagabo benshi batekerezaho mu gihe cy’akabariro, niyo babonye abagore b’ibishongore cyangwa abakobwa batambuka, bagaruka kuri iyi ngingo cyane cyane iyo bamwitegereje bakamubonaho ibi bimenyetso bikurikira, bakagira bati “uriya mugore, uriya mukobwa ni mwiza yanyara”.
1.Ibiganza
Umugore ufite mu kiganza cyangwa intoki zoroshye cyane, usanga abagabo bamwibazaho ndetse ntibashidikanye kuvuga ko ashobora kuba anyara mu gihe cy’imibonano.
2.Agatsintsino
Abagore bafite agatsitsino karenga inyuma kandi korohereye nabo bagarukwaho cyane. Ni ihurizo rikomeye ritapfa korohera buri wese gusuzuma, ariko bene aba bagore bagafite usanga nabo abagabo babibazaho ndetse bakanabifuza kuko ngo baba banyara mu gihe cy’imibonano.
3.Iminwa
Iminwa ihora itoshye, itajya yumagara na yo ngo umugore uyifite ni yo asomanye n’umugabo amacandwe ahita amubana menshi mu kanwa, iminwa igatoha cyane. Mu gihe cy’imibonano rero ngo nta kabuza ni nako mu gitsina cye naho hahita hatoha cyane. Abagore bameze gutya nabo usanga bakundwa n’abagabo.
4.Amatako
Amatako agaye, ateye nk’igitunguru, aha bitandukanye n’umubyibuho aho usanga umugore abyibushye kuva hasi hangana no mu nda, oya, nubwo waba unanutse ariko mu matako ufite ishusho nk’iy’igitunguru. Umugore uteye uko nawe usanga abagabo bamwishimira ndetse banavuga ko yaba azana amazi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Ibi si ihame ariko umugabo wese uzabaza ibimenyetso bishobora kugaragarira amaso by’umugore ushobora kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, azagutungira agatoki aha.
Igisekeje rero ni uko abagabo cyangwa abasore benshi usanga baririmba kunyaza batazi ni icyo ari cyo, kubivuga ku rurimi biroroshye ariko kubikora bisaba ubuhanga cyane.
Abahanga bavuga ko nta mugore utanyara, amavangingo ashobora kuba make ariko akaba ayafite, ahubwo umugabo niwe ushobora kuyamuhezamo bitewe n’ubumenyi buke afite mu kunyaza.
Abakobwa uzasanga banyara ni bake, ubundi umugore wabyaye iyo afite umugabo w’umuhanga kuri iyi ngingo aranyara pe! Naho abakobwa akenshi ntabwo baba batuje, nta nubwo birekura neza nk’abagore, bitewe nuko aba akora ibyo azi ko arimo kwiba. Ubundi iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina ni hagati y’umugabo n’umugore.
Icyitonderwa: Izi nyigisho tuzigenera abubatse, ntabwo intego yacu ari ukwigisha ubusambanyi, rubyiruko mwirinde ubusambanyi kuko ni icyorezo ku buzima bwanyu dore ko mushobora kuvanamo indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina VIH/SIDA, imitezi,… cyangwa inda zitateguwe rimwe na rimwe mutanabashije kurera.
Amavangingo ni ikintu abagabo benshi batekerezaho mu gihe cy’akabariro, niyo babonye abagore b’ibishongore cyangwa abakobwa batambuka, bagaruka kuri iyi ngingo cyane cyane iyo bamwitegereje bakamubonaho ibi bimenyetso bikurikira, bakagira bati “uriya mugore, uriya mukobwa ni mwiza yanyara”.
1.Ibiganza
Umugore ufite mu kiganza cyangwa intoki zoroshye cyane, usanga abagabo bamwibazaho ndetse ntibashidikanye kuvuga ko ashobora kuba anyara mu gihe cy’imibonano.
2.Agatsintsino
Abagore bafite agatsitsino karenga inyuma kandi korohereye nabo bagarukwaho cyane. Ni ihurizo rikomeye ritapfa korohera buri wese gusuzuma, ariko bene aba bagore bagafite usanga nabo abagabo babibazaho ndetse bakanabifuza kuko ngo baba banyara mu gihe cy’imibonano.
3.Iminwa
Iminwa ihora itoshye, itajya yumagara na yo ngo umugore uyifite ni yo asomanye n’umugabo amacandwe ahita amubana menshi mu kanwa, iminwa igatoha cyane. Mu gihe cy’imibonano rero ngo nta kabuza ni nako mu gitsina cye naho hahita hatoha cyane. Abagore bameze gutya nabo usanga bakundwa n’abagabo.
4.Amatako
Amatako agaye, ateye nk’igitunguru, aha bitandukanye n’umubyibuho aho usanga umugore abyibushye kuva hasi hangana no mu nda, oya, nubwo waba unanutse ariko mu matako ufite ishusho nk’iy’igitunguru. Umugore uteye uko nawe usanga abagabo bamwishimira ndetse banavuga ko yaba azana amazi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Ibi si ihame ariko umugabo wese uzabaza ibimenyetso bishobora kugaragarira amaso by’umugore ushobora kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, azagutungira agatoki aha.
Igisekeje rero ni uko abagabo cyangwa abasore benshi usanga baririmba kunyaza batazi ni icyo ari cyo, kubivuga ku rurimi biroroshye ariko kubikora bisaba ubuhanga cyane.
Abahanga bavuga ko nta mugore utanyara, amavangingo ashobora kuba make ariko akaba ayafite, ahubwo umugabo niwe ushobora kuyamuhezamo bitewe n’ubumenyi buke afite mu kunyaza.
Abakobwa uzasanga banyara ni bake, ubundi umugore wabyaye iyo afite umugabo w’umuhanga kuri iyi ngingo aranyara pe! Naho abakobwa akenshi ntabwo baba batuje, nta nubwo birekura neza nk’abagore, bitewe nuko aba akora ibyo azi ko arimo kwiba. Ubundi iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina ni hagati y’umugabo n’umugore.
Icyitonderwa: Izi nyigisho tuzigenera abubatse, ntabwo intego yacu ari ukwigisha ubusambanyi, rubyiruko mwirinde ubusambanyi kuko ni icyorezo ku buzima bwanyu dore ko mushobora kuvanamo indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina VIH/SIDA, imitezi,… cyangwa inda zitateguwe rimwe na rimwe mutanabashije kurera.
Comments
Post a Comment