Posts

Showing posts from May, 2022

Wowe mugabo urangiza vuba dore AMAYERI ukwiye gukoresha ukajya urongora umwanya uhagije

Image
Abagabo benshi baterwa ipfunwe no kutabasha gushimisha abakunzi babo mu gikorwa cyo gukora urukundo ,bitewe noy kurangiza vuba. Muri iyi nkuru ya nibeza.blogspot.com turababwira technique ebyiri rwose abashakanye cyangwa abakundana bakoresha maze bagatinza igihe cyo gutera akabariro. Gukoresha agakingirizo nabyo kandi buriya birafasha. Iyo umuntu akoresha agakingirizo ntiyumva cyane umubiri w’uwo bari gukora imibonano mpuzabitsina bityo bigatuma arangiza atinze. Tekinike ya 1: Squeeze Technique Squeeze technique ni ugukanda ubugabo aho umutwe w’igitsina utereye. Ibi bikorwa iyo umugabo yumva agiye gusohora kandi bigakorwa amasegonda 30. Ibi bihagarika gusohora. Mushobora gusubiramo ibi inshuro zigera kuri 5 mbere yuko noneho mureka umugabo akarangiza. Tekinike ya 2: The Start and End Ubu ni uburyo bworoshye kandi bumenyerewe. Umugabo cyangwa se umugore ahagarika imibonano mpuzabitsina igihe yumva yari agiye gusohora (ariko atarasohora) amasegonda 30-60. Iyo yumvise gusohora bitakibaye...

Wari uziko urebesheje ijisho hari ibimenyetso byakwereka umukobwa uryoshya imibonano mpuzabitsina ? Ntucikwe

Image
Abantu benshi bagenda bibaza niba hari uburyo wamenyera ko umukobwa cyangwa umugore baryoshya imibonano mpuzabitsina mutari mwaryamana, gusa Nkuko abantu twese tudahuje imico ndetse n’imitere y’umubiri ninako burya n’imyitwarire yacu mu gihe cyo kubaka urugo (gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye) iba itandukanye. Iyo abashakanye buzuzanya mu gihe cyo gutera akabariro usanga urwo rugo ruhora rutuje mbese nta makimbirane aturuka mu byabereye ahiherereye arangwa muri urwo rugo, n’iyo mpamvu rero uyu munsi kuri Nibeza.blogspot.com tugiye kwibanda cyane ku bimenyetso bishobora kukwereka umukobwa wagufasha kugira icyo wimarira mu gihe mwaba mu rushinze , ari n’abyo umukobwa wese agomba kugerageza kwitaho kugirango azabashe gushimisha umukunzi we mu gihe azaba yafashe umwanzuro wo kubana n’uwo adashaka gutakaza mu gihe cye asigaje ku isi. Mu muco wacu wa kinyarwanda ubundi uvuga ko iyo umukobwa yagize amahirwe yo kubana na Nyirasenge akamuha impanuro z’uko bita ku mugabo uwo mukobwa ab...

Iga uburyo barongora neza umugore akemera, Kumunyaza ukamwumutsa neza akarangiza akajya ahora akwifuza

Image
Abantu b’ingeri bamaze igihe kinini babaza niba kunyaza cyangwa kunyara bibaho, n’uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara bamwe bati,Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe, abandi bati ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho. Ubundi Umugabo uri kunyaza yirindako igitsina cye kigwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu ari bugenzure umuvuduko we ndetse akaza no kumenya niba agiye kurangiza mbere y’umugore bityo akaba yashaka uburyo aba akuyemo igitsina cye gahoro gahoro agasa n’ukorera inyuma mu rwego rwo kwirinda ko yahita arangiza vuba. Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina hajya habaho kunyara, kunyara biba k’uruhande rw’umugore cyangwa umukobwa igihe asohora amavangingo ashyushye aturutse mu myanya myibarukiro ye bitewe n’uburyohe budasanzwe aba atewe n’uwo barigukorana imibonano mpuzabitsina. Ibi umugabo akaba abigiramo uruhare rukomeye...

Dore impamvu zagaragajwe muri iyi minsi abagabo bari guca inyuma abagore cyane !

Image
Nk'uko byatangajwe n' ikinyamakuru Psychologytoday nyuma yo gukora ubushakashatsi butandukanye cyatangaje impamvu zitera abagabo guca inyuma abagore babo Ahanini uzasanga abagabo nkaba baba bazi kwisobanura no kugira amayeri menshi ku buryo bitakoroha ko iyo ngeso mbi wayibakekera . Uzasanga aba bagabo baguha impamvu ngo Nta mugabo urya indyo imwe Nta mugabo waremewe umugore umwe biri mu maraso ku bagabo gutunga no kuryamana n’abagabo benshi. Ntabwo umugore wanjye yitwara neza mu buriri. Sinjye njyenyine ubikora n’abandi barabikora. Hari n’izindi mpamvu bagira urwitwazo kandi bidakwiye ,nanone atarizo mpamvu za nyazo zibibatera. Dore Impamvu za nyazo zitera ubusambanyi ku bagabo 1 .Kuba umugabo yifitemo ubwana Ibi bishobora kumvikana nk’imvugo mbi ariko nicyo gisubanuro cya nyacyo kuko kubaka ni ugufata kamwe ,ukirengagiza ibindi byose byakurangaza ,ugakunda umufasha wawe kandi ukirinda kumuhemukira no gukora icya mubabaza ,umugabo nyawe ni ukomera ku isezerano kandi nta shi...

Itonde!! Ibi nibyo bisenya umubano w'abashakanye, Bimenye Ubyirinde

Image
Mu mibanire myiza y’abashakanye, imibonano mpuzabitsina ni ingenzi cyane . Twavuga ko ahanini ari nayo nkingi ya mbere yubaka urugo, tutirengagije ko ariko hari n’ibindi bituma umubano w’abashakanye umera neza. Uretse ko ituma abantu bibaruka ,bakororoka, imibonano mpuzabitsina ni igikorwa cy’umunezero. Ituma abashakanye bagirana ubumwe kurushaho ndetse ikanatuma umuntu agira ubuzima bwiza . Nubwo imibonano mpuzabitsina ifite byinshi kandi byiza izana hagati y’abashakanye, ititondewe ishobora kwangiza umubano w’umugabo n’umugore. Hari imiryango myinshi y’abashakanye ifite imibanire myiza bitewe n’uko mu buriri ari nta makemwa ariko hari n’ahandi umubano utameze neza ,ndetse usa n’uwasenyutse bitewe n’iyi ngingo yo gutera akabariro ku rugo. Ushobora kwibaza uti ese ni gute imibonano mpuzabitsina yasenya umubano w’abashakanye? 1.Iyo umwe mu bashakanye ahora asaba … Buri wese agira ubushake butandukanye n’ubwo undi mu gukora imibonano mpuzabitsina. Hari uba wumva yabikora 2,undi 3,..ku mu...

Ntugakore ikosa utazabizira, Niba usoje gukora imibonano mpuzabitsina ihutire gukora ibi bintu

Image
Ku bagore benshi iyo imibonano mpuzabitsina irangiye, bashaka kuruhuka no gusinzira. Nibyo rwose kuruhuka ni ingenzi, kuko nako ni akazi mu kandi ariko mbere yo kuruhuka ibuka ko ahabereye imibonano n’ubutaha hazakenerwa ngo indi ikorwe. Kugira ngo uhorane isuku n’ubuzima bwiza mu myanya ndagagitsina yawe, hari ibintu ukwiye kuzirikana kandi ukabikora umaze gukora imibonano kugirango bikurinde kandi bigusukure. Twaguteguriye ibintu ukwiye gukora nyuma yo gukora imibonano kugirango igitsina cyawe gikomeze kugira umwimerere wacyo. Shaka uko wajya kunyara Nubwo waba wumva nta nkari ufite ariko gusoba, kunyara ni uburyo bwa mbere kandi bw’ingenzi bwo gusukura mu gitsina nyuma yo gukora imibonano. Iyo uri gukora imibonano, za bagiteri zo mu kibuno (urabizi hegereye igitsina) zishobora kuza zikaba zagera hafi y’umwenge uvamo inkari dore ko mu gihe cy’imibonano utota ibyo bice byose bigafasha bagiteri kugenda zihuta ibi bikaba byazagutera ubwandu bw’umuyoboro w’inkari (UTI). Inkari rero zisoh...

Ntibakakubeshye Ibi nibyo byonyine bigaragaza umugore unyara cyane akanaryoshya imibonano mpuzabitsina

Image
Akenshi uzasanga nk’iyo umukobwa cyangwa umugore atambutse ahantu hateraniye igitsinagabo, usanga bamwitegereza cyane ari nako ibitekerezo bibabana byinshi bitewe n’imiterere ye. Amavangingo ni ikintu abagabo benshi batekerezaho mu gihe cy’akabariro, niyo babonye abagore b’ibishongore cyangwa abakobwa batambuka, bagaruka kuri iyi ngingo cyane cyane iyo bamwitegereje bakamubonaho ibi bimenyetso bikurikira, bakagira bati “uriya mugore, uriya mukobwa ni mwiza yanyara”. 1.Ibiganza Umugore ufite mu kiganza cyangwa intoki zoroshye cyane, usanga abagabo bamwibazaho ndetse ntibashidikanye kuvuga ko ashobora kuba anyara mu gihe cy’imibonano. 2.Agatsintsino Abagore bafite agatsitsino karenga inyuma kandi korohereye nabo bagarukwaho cyane. Ni ihurizo rikomeye ritapfa korohera buri wese gusuzuma, ariko bene aba bagore bagafite usanga nabo abagabo babibazaho ndetse bakanabifuza kuko ngo baba banyara mu gihe cy’imibonano. 3.Iminwa Iminwa ihora itoshye, itajya yumagara na yo ngo umugore uyifite ni yo...