Iga uburyo barongora neza umugore akemera, Kumunyaza ukamwumutsa neza akarangiza akajya ahora akwifuza



Abantu b’ingeri bamaze igihe kinini babaza niba kunyaza cyangwa kunyara bibaho, n’uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara bamwe bati,Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe, abandi bati ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho.

Ubundi Umugabo uri kunyaza yirindako igitsina cye kigwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu ari bugenzure umuvuduko we ndetse akaza no kumenya niba agiye kurangiza mbere y’umugore bityo akaba yashaka uburyo aba akuyemo igitsina cye gahoro gahoro agasa n’ukorera inyuma mu rwego rwo kwirinda ko yahita arangiza vuba.

Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina hajya habaho kunyara, kunyara biba k’uruhande rw’umugore cyangwa umukobwa igihe asohora amavangingo ashyushye aturutse mu myanya myibarukiro ye bitewe n’uburyohe budasanzwe aba atewe n’uwo barigukorana imibonano mpuzabitsina.

Ibi umugabo akaba abigiramo uruhare rukomeye ndetse abagabo bakaba bagomba kumenya neza uburyo bakwitwara muri iki gikorwa n’icyo bakora kugirango abagore babo bazane aya mavangingo.

Kunyara rero bikorwa bite ?

Nk'uko urubuga rwacu nibeza.blogspot.com rubikesha inzobere y’ umudogiteri Moussa Guiro avuga ko kunyara kugira ngo bibeho, bigomba gutegurwa mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina ndetse no mu gihe muri kuyikora.

Uko bitegurwa rero nuko mbere y’uko mutangira gukora imibonano mpuzabitsina, mugomba kubanza mukabitekerezaho, mukabyishimira, ukishimira uwo mugiye kuyikorana.

Kandi uyu mu dogiteri abuza ko abagabo bahita bafata igitsina cyabo ngo bahite bagishyira mu cy’abagore, ko ahubwo hagomba kubanza umwe agakora k’uwundi buhoro buhoro amushimashimaho gake gake ari nako ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bugenda bwiyongera, mu gasomana bikageraho mutangira gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, ntago umugabo yinjiza igitsina cye cyose mu cy’umugore ahubwo akigarukiriza ahagana hanze akajya agikoza kuri rugongo (clitoris) buhoro buhoro azamura akongera akamanura, icyo gikorwa uko gikomeza kugenda ni nako ububobere k’umugore bwiyongera bigatuma umugabo aryoherwa cyane, bityo n’umugore akarushaho kuryoherwa agatangira kurekura amavangingo ashyushye cyane aricyo twise kunyara.

Umugabo kandi unyaza bikanga agomba gusaba umugore we kumufasha muri iki gikorwa akamufata kubice by’umubiri bitandukanye bifasha umugabo kumva uburyohe, urugero nko mwirugo, mugituza ndetse no mu mugongo, ibi bice umugore agomba kubifatira umugabo we mugihe bari muri iki gikorwa kuko bifasha umugabo kunyaza neza.

Ni byiza rero ko umugabo amenya ndetse akaniga uburyo anyaza umugore we ibi bikajyana no kugenzura umuvuduko akoresha yakumva agiye kurangiza agakoresha uburyo aba aretse ho gato kugirango abashe gufasha umugore we baze kurangiriza rimwe.

Twibukiranye kandi ko hari abagore barangiza batinze ndetse ko umugore ashobora kurangiza kabiri cyangwa gatatu kandi ashobora kuzana ayo mazi nyuma yo kurangiza bwa kabiri ni ngombwa rero ko umugabo yiga kurangiza atinze.

Twandikire muri comment utubwire icyo wungutse muri iyi nkuru uduhe n'icyifuzo Cy'ibindi ushaka ko tuzagarukaho mu nkuru yacu itaha.

Comments

  1. 1,ndumugabo wubatse ikifuzomfite nuko mwabwira nkugabo ufite umugore utaranshiye imyeyo ashobora kubayanya cg ntagoyanya

    ReplyDelete

Post a Comment

Popular posts from this blog

Iki nicyo cyonyine cyakugaragariza umugabo uzi kurongora by'intangarugero

Ntibakakubeshye Ibi nibyo byonyine bigaragaza umugore unyara cyane akanaryoshya imibonano mpuzabitsina