Dore impamvu itangaje iri kubuza abagore kunyara muri iyi minsi ! Ibanga ryatuma umunyaza uko yakigira kose
Icyo bita kuzana amazi ku mugore cyangwa se kunyara mu gihe cy’imibonano, iri jambo risa nk’iryabaye virus ku bagabo iyo batera akabariro hamwe n’abo bashakanye. Buri mugabo wese aba aharanira kunyaza bitewe n'uburyo abizi Cyangwa yabyumvise. Umugabo uteye akabariro akarangiza umugore we atazanye aya mazi ikibazo kiba kivutse kuri bamwe, akenshi bamwe babifata nkaho umugore we atazi kumushimisha rimwe na rimwe akaba yamuca inyuma akajya gushaka abafite ayo mazi. Nk’uko bitangazwa n’urubuga topsante, ngo n’ubwo bwose ikosa ryitwa iry’umugore ko atazi gushimisha umugabo we, hari n’igihe biba biterwa n’umugabo uba utazi uko ayo mazi ashakwa, ubushakashatsi bukaba bugaragaza ko abagore benshi bagira ayo mazi, ahubwo ko ingano yayo iba itangana bitewe n’imiterere y’umubiri w’umuntu. Zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umugore atazana ayo mazi. 1.Kutamenya ko ayafite : Hari igihe umugore yibwira ko atazanye ayo mazi benshi bakunze kwita ko ari amavangingo kandi mu byukuri yayazanye, Kuba um...