Posts

Showing posts from June, 2022

Dore impamvu itangaje iri kubuza abagore kunyara muri iyi minsi ! Ibanga ryatuma umunyaza uko yakigira kose

Image
Icyo bita kuzana amazi ku mugore cyangwa se kunyara mu gihe cy’imibonano, iri jambo risa nk’iryabaye virus ku bagabo iyo batera akabariro hamwe n’abo bashakanye. Buri mugabo wese aba aharanira kunyaza bitewe n'uburyo abizi Cyangwa yabyumvise. Umugabo uteye akabariro akarangiza umugore we atazanye aya mazi ikibazo kiba kivutse kuri bamwe, akenshi bamwe babifata nkaho umugore we atazi kumushimisha rimwe na rimwe akaba yamuca inyuma akajya gushaka abafite ayo mazi. Nk’uko bitangazwa n’urubuga topsante, ngo n’ubwo bwose ikosa ryitwa iry’umugore ko atazi gushimisha umugabo we, hari n’igihe biba biterwa n’umugabo uba utazi uko ayo mazi ashakwa, ubushakashatsi bukaba bugaragaza ko abagore benshi bagira ayo mazi, ahubwo ko ingano yayo iba itangana bitewe n’imiterere y’umubiri w’umuntu. Zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umugore atazana ayo mazi. 1.Kutamenya ko ayafite : Hari igihe umugore yibwira ko atazanye ayo mazi benshi bakunze kwita ko ari amavangingo kandi mu byukuri yayazanye, Kuba um...

Ese Urukundo Nyarwo Rubaho koko ? Warubwirwa n'iki ? Dore icyo BIBILIYA ibivugaho ntibakakubeshye

Image
Subiza ibi bibazo bikurikira: 1. Wowe wumva “urukundo” ari iki? ․․․․․ 2. Wasobanura ute “urukundo rw’agahararo”? ․․․․․ 3. Wumva bitandukaniye he? ․․․․․ BIRASHOBOKA ko gusubiza ibyo bibazo bitakugora. N’ubundi kandi, kubona itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo ntibigoye, iyo ubitekerejeho wihitira. Ariko iyo uhuye n’umukobwa cyangwa umuhungu mwiza cyane, ibyo byose bishobora guhinduka. Mu buryo utari witeze, uhita wumva umukunze cyane ku buryo ibindi byose bisigara nta cyo bivuze. Uba wumva umukunda byo gupfa. Koko se urwo ni urukundo nyarwo cyangwa ni agahararo gusa? Wabibwirwa n’iki se? Kugira ngo tubone igisubizo, reka tubanze dusuzume uburyo mu myaka mike ishize ushobora kuba warahinduye uko watekerezaga abo mudahuje igitsina. Urugero, ibaze ibibazo bikurikira: ● Igihe wari ufite imyaka itanu, watekerezaga iki ku bo mudahuje igitsina? ● Ese muri iki gihe ubatekerezaho iki? Ibisubizo utanze bishobora kuba bigaragaza ko igihe wari ugeze mu gihe cy’amaby...

Ese koko hari ibibazo biterwa no kurongora umugore utaraciye imyeyo ? Dore uburyo bworoshye bikorwamo

Image
Nk’uko tubikesha igitabo Imihango n’Imiziririzo cyanditswe na Musenyeri Aloys Bigirumwami, ndetse n’andi makuru twagiye tubona mu bushakashatsi bitandukanye, gukuna ni umwe mu mihango ihabwa agaciro gakomeye mu muco nyarwanda ndetse no bihugu bimwe bya Afurika. Mu Kinyarwanda kijimije bikaba byitwa “guca imyeyo” dore ko iyo ukurikiranye inkomoko yabyo usanga abakobwa bamaze kuba abangavu bakoraga iki gikorwa bagiye gushakisha imyeyo yo gukubura. Usibye kuba abakobwa barakunaga ngo bazafashe abagabo babo nabo ubwabo kwizihirwa mu gihe cy’ imibonano mpuzabitsina gakondo nyarwanda, ngo bwari n’uburyo bwo kwigwizaho umwambaro w’igitsina mu rwego rwo kurinda umwanda kuba wakwinjira mu igituba dore ko nta myenda y’imbere yabagaho. Wakwibaza uti ese gukuna ni iki ? Byakorwaga na nde kandi ryari ? Gukuna ni umuhango wakorwaga n’abana b’abakobwa bageze mu gihe cy’ubwangavu. Iki gikorwa cyo gukuna cyakorwaga mu buryo bwo kurushanwa aho abakobwa babaga bajyanye guca imyeyo bageraga ahiherey...

Ibimenyetso by'umuntu Ukunda imibonano mpuzabitsina cyane ku buryo bukabije, Iyo umusabye ahita aguha

Image
Ubushakashatsi bugaragaza ko ingeso yo gukunda igitsina ku rugero ruri hejuru imaze gufata intera ikabije,ibikorwa by’ubusambanyi ,byariyongereye,hirya no hino gutandukana by’abashakanye bitewe no guhemukirana bimaze gufata indi ntera ,ibikorwa byo kwikinisha ku bakiri bato nabyo byuariyongereye cyane. Indwara yo gukunda imibonano mpuzabitsina ku kigero kiri hejuru ,ishyirwa mu cyiciro cy’indwara zo mu mutwe ,ahanini ni indwara imunga intekerezo zawe ,ukabatwa no gukunda igitsina bikabije ku buryo bigera ku rwego rwo kuba wanabikorera ku karubanda cyangwa ukabikorera ahantu hagushyira mu byago nko mu kazi ,mu nsengero ,mu tubyiniro nahandi hose uboneye uwo mu bikorana. Abahanga mu bijyanye n’imitekerereze ya muntu bavuga ko bitangira umuntu yimakaza intekerezo zo kumva ko ibyishimo bye bishyingiye ku mibonano mpuzabitsina, izo ntekerezo mbi zikagenda zimunga ubushobozi bwe bwo gushyira mu gaciro . Ari nabyo bitera ko imisemburo ihuzwa no kubatwa ivuburwa ku bwinshi ,bityo umuntu a...

Musore ijisho ntirigushuke ! Reka irari, Dore ubwoko bw'abakobwa ugomba kwirinda utazarira nk'agahinja

Image
Ubundi mu rukundo hari ubwoko bugera kuri icyenda bw’abakobwa umusore agomba kugendera kure mu rukundo kuko abo bakobwa usanga badashobotse. nibeza.blogspot.com yaguteguriye urwo rutonde rw'abo kwirinda. 1.Akabya gukunda gusenga Uyu azi imirongo ya Bibiliya yose mu mutwe we, avuga Imana buri kanya, arakureba ikijisho niwibeshya ugakora mu biryo udasenze. Gusiba misa ni icyaha ntababarirwa, imvura yaba igwa muragenda. Mu nzu nta kindi amanikamo uretse amashusho y’abamalayika n’ibyerekaranye n’amasengesho. Niba uziko udasenga cyane nka we wikwimena umutwe umutereta. Muri rusange gukunda gusenga cyane kwe gutuma yumva adashishikariye cyane iby’urukundo. Kuri we urukundo ni inshingano kandi Cherie we ni Yesu/Yezu. Nimubana witegure guhinduka nka we cyangwa kwangirika kubera gukimbirana. 2.Ntahaga igitsina Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo wagira gute uzasanga nyuma ubushake bwe utabushobora. Yifuza ko muryamana inshuro 6 ku munsi. Gukunda igitsina bikabije bitya ni ingeso mbi cyane...